Mu kiganiro umuganga w’abagore Dr Ibba Mayele yagiranye n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuri uyu wa 18 Gashyantare 2011, yavuze ko ibibazo byinshi abagore batwite bagira, bikunze kugaragara mu mezi ya nyuma cyangwa mu gihe cyo kubyara.
Mu kiganiro umuganga w’abagore Dr Ibba Mayele yagiranye n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuri uyu wa 18 Gashyantare 2011, yavuze ko ibibazo byinshi abagore batwite bagira, bikunze kugaragara mu mezi ya nyuma cyangwa mu gihe cyo kubyara.
Abagore bipimishiriza ku kigo nderabuzima cya Musenyi mu Karere ka Bugesera basobanuriwe ibibi by’inzoga ku mugore utwite, cyane cyane bibanda ku nzoga y’urwagwa kuko ari yo iboneka cyane muri ako gace kubera kandi ari yo bamwe mu bagore baho bakunze kurarikira igihe batwite.
Umuti witwa “Efavirenz” ntuhabwa umuntu ubana n’ubwandu bw’agakoko gatera Sida mu rwego rwo kugabanya ubukana, ugira ingaruka ku mugore umaze amezi arimunsi y’atatu asamye.
Beaucoup de précautions alimentaires s'imposent aux femmes enceintes. Mais elles ne sont pas toutes scientifiquement fondées. Les nouveaux conseils officiels des gynécologues américains affirment qu'un peu de café ne fait pas de mal aux bébés.
Pour faire un bébé, dans l'idéal, il faut être deux, également motivés, avec une situation stable. Mais à trop vouloir attendre ce moment "idéal", on risque de rencontrer d'autres soucis, du côté de la fertilité cette fois...
Avec une puberté autour de 13 ans et une ménopause aux alentours de 51 ans, les femmes connaissent dans leur vie quelque 500 cycles de 28 jours et un peu moins d'ovulations.
On sait bien que pour qu’un homme existe, il commence par presqu’un rien. Malgré cette connaissance presque générale, est-ce que tu connais comment il/elle grandit jusqu’à la naissance ? As-tu une idée sur la façon dont certaines parties surgissent, ou bien tu croyais que le bébé a tous ses partis depuis sa création ? / Tuziko kugirango umuntu abeho asa n’utangirira ku busa busa. Ariko se waba uzi ukuntu bigenda bihindagurika kugeza agejeje igihe cyo kuvuka ? Waba se uzi uburyo ibice bitandukanye bigenda byirema, cyangwa wajyaga wibwira ko bizira rimwe agitangira kubaho ?
Umugore yabyaye impanga eshatu ariko abura ibitaro byamwakira ngo bashyire izo mpinja mu byuma bishyushya abana kuko bavutse badashyitse. Aho yagerageje yasangaga ngo uzuye, agiye koherezwa i Kigali avuga ko nta bushobozi yabona. Arasaba ubutabazi.
Mandela ajya ku butegetsi abenshi bariishimye kuko batekerezagako hari byinshi azabagezaho. Ariko nyuma y’uko intambara y’abazungu ayirangirije hakaza ubwiyunge, nyuma haje kugaragaraga koo hari icyorezo cya Sida cyamurebaga kandi yagombaga gucyemura, ariko ntiyacyitaho. Ahubwo buri gihe iyo yakibwirwaga, yavugaga ko afiteibindi byinshi byo gukora, ko ibyo abandi bashobora kubikora. Akenshi iyo habaga ibijyanye na SIDA wasangaga visi perezida we Tabo Mbeki ari we ujya kubikoresha. Ibyo byabaga mu gihe abanyafurika yepfo benshi bicwaga na SIDA. Ibyo byari byarahindutse akazi kareba abaganga gusa, abanyapolitiki wasangaga basa nk’aho bitabareba. Ahubwo wasangaga bahugiye mu bindi bibazo. Mbese muri make ku butegetsi bwa Nelson Mandela wasangaga batita ku kibazo cya SIDA.
Mu gihe u Rwanda rwizihiza icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana, indwara zishobora gukumirwa nk’umusonga, impiswi, malariya na bwaki zikomeje guhitana abana benshi. Icyegeranyo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) cyerekana ko mu Rwanda, igipimo cy’imfu zihitana abana, zikomoka kuri bene izo ndwara kigera kuri 90%.
Commentaires récents
il y a 1 an 39 semaines
il y a 1 an 39 semaines